Jeannette Bayisenge

From Wikiquote
Jump to navigation Jump to search

Prof.Jeannette Bayisenge is Rwandan politician and socialist who currently serves as Minister of Gender and Family Promotion in Rwanda (MIGEPROF) since 2020 and Associate Professor of Gender studies at the University of Rwanda.

Quotes[edit]

  • Also, in the past, women did not do paid work related to history, but these days women are left to work as much as men and do as well as men. 'the responsibility they have to take care of the home, but they are able to do it and see that it is productive like their elders. prioritized is a good way to speed up development, I ask women to show their commitment to show their ability to avoid repeated statements that it is women who do something that does not go well, that is why our attitude must change a lot Discussing experiences and challenges you have faced helps them to share knowledge.(Ubundi mbere, abagore ntabwo bakoraga akazi gahemberwa bijyanye n'amateka, ariko muri iyi minsi abagore basigaye bakora akazi nk'abagabo kandi bakanakora neza nk'abagabo, turabizi ko mu nzego z'umutekano byari nk'imbogamizi kubona abagore bazitabira nubwo biba bigoye bijyanye n'inshingano baba bafite zo kwita ku rugo, ariko barabishoboye kandi ukanabona ko bitanga umusaruro nk'uwa basaza babo, ndakomoza ku ijambo rya nyakubahwa perezida wa Repubulika ku munsi mpuzamahanga w'abagore aho yavuze ko uburinganire atari impuhwe ahubwo ari uburenganzira, ndetse anavuga ko iyobushyizwe imbere ari uburyo bwiza bwo kwihutisha iterembere, ndasaba abagore kujya bagaragaza ubwitange kugira ngo bagaragaze gushobora kwabo kugirango hirindwe imvugo zigaruka zivuga ko n'ubundi ari abagore iyo ikintu ugikoze ntikigende neza, niyo mpamvu imyumvire yacu igomba guhinduka cyane, iri huriro riba ari umwanya wokuganira kubunararibonye ndetse n'imbogamizi mwagiye muhura bikabafasha kungurana ubumenyi)
  • When I was growing up, I wanted to study like a Doctor, I was not born in a family of highly educated people, but I wanted to study, I wanted to study and reach the level of a Doctor. To achieve that, that's why I went to work at the University.(Nkura numvaga nshaka kwiga nk’aba Docteur, sinavukaga wenda mu muryango w’abantu bize cyane ariko numvaga nshaka kwiga, numvaga nshaka kwiga nkazagera kuri rwego rwa Docteur.Kugira ngo mbigereho rero niyo mpamvu nagiye gukora muri Kaminuza)
  • I have never passed the second place since I started primary and secondary school, which made me go to University. Because I was a scholar, I said, "Let me apply for a job teaching at the university, but the point was that I know that if you become a university teacher, you are required to study in order to be able to teach."(Ntabwo nigeze ndenga umwanya wa kabiri kuva natangira amashuri yaba abanza n’ayisumbuye, bituma njya no muri Kaminuza. Kuko nari muhanga ndavuga nti reka nsabe n’akazi ko kwigisha muri kaminuza ariko intumbero yari uko nzi ko iyo ubaye umwarimu wa Kaminuza uba usabwa kwiga kugira ngo ushobore kuzigisha)
  • Those who change the perception of society, and say that girls are capable, women who go to work are capable, and we have many of them in the public sector and in the private sector. Those are the ones I tip my hat to and say that he/she did not embarrass us.(Abo batuma ya myumvire ya sosiyete ihinduka, bakavuga bati ba bana b’abakobwa barashoboye, wa mugore yagiye mu kazi aragashobora, kandi dufite benshi yaba mu nzego za leta y’aba abo mu nzego z’abikorera.Abo nibo nkurira ingofero nkavuga ngo uriya ntabwo yadukojeje isoni.)
  • It has made it possible for me to learn and achieve my dreams so it feels like something I'm proud of. I felt like I wanted it and I did it.(Byarashobotse nshobora kwiga ngera ku ndoto zanjye ku buryo numva ari ikintu nishimira.Numvaga mbishaka kandi nabigezeho.)
  • The legacy I feel I will leave on Earth is that no one will say that I betrayed them. It may happen unintentionally but I know I would apologize to him/her.(Umurage numva nazasiga ku Isi ni uko hatazagira umuntu uvuga ngo naramuhemukiye.Wenda bishobora kubaho ntabishaka ariko mbimenye namusaba imbabazi)
  • I feel like I would leave people saying that she tried to communicate with us as clearly as possible. Even if you don't live in the world and please everyone, no matter what you do, someone will say that it didn't go well, but inside I feel that there is no guilt.(Numva ko nasiga abantu bavuga bati yagerageje kutubanira neza uko bishoboka.Nubwo utabaho ku Isi ushimisha abantu bose, uko wagira kose hari uzavuga ko hariya bitagenze neza, ariko muri njye numva ko ntaho nicira urubanza)
  • The government is always ready to support citizens from these special groups, but it is up to the leaders to follow-up on the issues they are facing in their communities so we can work together to solve them,
  • I want to show you that the battle we are fighting is not as easy as we might think,” she said. “Mind-set does not change overnight, which hinders our many strategies.
    • https://www.newtimes.co.rw/article/2683/news/women/"new-study-shows-majority-women-support-wife-beating"], Jeannette Bayisenge, the Minister of Gender and Family Promotion addresses MPs while appearing before parliament on Tuesday, November 15. Courtesy (16 November 2022)
  • You have a big responsibility of being exemplary to your children. It is very important for generations to come. It’s our responsibility to give good values to our children.

External links[edit]

Wikipedia
Wikipedia
Wikipedia has an article about: